Nyandwi Saddam yasezeranye imbere y’amategeko
Myugariro w’iburyo muri Musanze FC, Nyandwi Saddam, yasezeranye imbere y’amategeko na Uwitonze Denise nyuma y’umwaka umwe amwambitse impeta y’urukundo. Uyu…
Icyishatse Hervé ukinira REG BBC yasezeranye imbere y’amategeko
Icyishatse Hervé ukinira REG BBC yasezeranye imbere y’amategeko na Niwenshuti Mignone yari aherutse kwambika impeta y’urukundo. Uyu muhango wabereye mu…
Amavubi agiye kwitegura umukino wa Mali na Kenya
Taliki 11 na 15 Ugushyingo 2021, ikipe y’u Rwanda “Amavubi” izakina imikino ibiri ya nyuma mu itsinda E mu gushaka…
Icyishatse Hervé ukinira REG BBC yambitse impeta umukunzi we
Icyishatse Hervé ukinira REG BBC yambitse impeta umukunzi we, Niwenshuti Mignone, nyuma yo kumwemerera kuzamubera umugore. Iki gikorwa cyabereye ku…
Kayumba wahoze ayobora Gereza ya Nyarugenge yabwiye urukiko ko yagambaniwe, adakwiye kubazwa ibyaha byakozwe n’undi muntu akanabyemera
Kayumba Innocent wigeze kuba Umuyobozi wa Gereza ya Nyarugenge, yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa 29 Ukwakira, ahabwa umwanya wo…
U Bufaransa bwihimuye ku Bwongereza bufata ingamba zikumira ibikomoka ku burobyi
Leta y’u Bufaransa yafashe umwanzuro wo gukumira ibicuruzwa bivuye mu mazi y’Abongereza byajyanwaga mu Bufaransa nyuma y’aho u Bwongereza na…
14.3 ku ijana by’abanyeshuri mu Rwanda bafite indwara zo mu mutwe – RBC.
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) bwatangije ubukangurambaga muri za kaminuza zo mu Rwanda bugamije gukangurira urubyiruko rwiga muri Kaminuza zitandukanye…
Amafoto: Senateri Evode Uwizeyimana yarongoye
Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye imbere y’amategeko na Zena Abayisenga bagiye kubana. Ku wa Gatanu saa cyenda n’igice nibwo Uwizeyimana yasezeranyijwe…
Uwayezu François Régis yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bakoranaga muri FERWAFA
Uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA), Uwayezu François Régis, yambitse impeta umukunzi we, Isaro Sonia, amusaba ko…
Minisitiri Ngirente yitabiriye ibirori by’Isabukuru y’Ubwigenge bw’u Burundi
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Ngirente Edouard ni umwe mu banyacyubahiro bitabiriye Ibirori byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 59 ishize u…